Impaka ku kwemerera abana bafite imyaka 15 kuboneza urubyaro no kubika intanga mu Rwanda
Mu Rwanda hararimo kuvugwa impaka zikomeye nyuma y’uko hagaragajwe umushinga w’itegeko rishya ryatuma kuboneza urubyaro ku bana bafite kuva ku myaka 15 no kubika intanga ndetse no gutwitira undi biba…