Quantcast

Weekly Trends Hub

Best Entertainment and sports Website in Africa Rwanda

weekly trends

  • Home
  • 🧠Did You Know? Michael Jackson yaba atarapfuye burundu? Dore ibyatangajwe n’inshuti ye ya hafi

🧠Did You Know? Michael Jackson yaba atarapfuye burundu? Dore ibyatangajwe n’inshuti ye ya hafi

Michael Jackson, umwami w’injyana ya pop (King of Pop), yapfuye ku itariki ya 25 Kamena 2009. Ariko se koko yapfuye burundu? Ibi bibazo byongeye gufata intera nyuma y’uko inshuti ye…

Menya Stroke: Inkomoko Yayo, Ibyayitera, Uko Wayirinda n’Ingaruka Zayo

Stroke, izwi kandi nka Cerebrovascular Accident (CVA) cyangwa “attack y’ubwonko”, ni indwara iba igihe amaraso ajya mu bwonko ahagaze cyangwa agabanutse cyane. Iyo bigenze bityo, ubwonko ntibubona umwuka wa ogisijeni…

Dore abakinnyi Muri Football Bakize Kurusha Abandi Ku isi

Abakinnyi 10 Bafite Umutungo Mwinshi mu 2025 – Uwa Mbere Ni Igitangaza! Umupira w’amaguru si umukino gusa — ni inganda, ni ubucuruzi, ni amafaranga. Mu mwaka wa 2025, hari abakinnyi…

Diyabete:Sobanukirwa indwara Inkomoko yayo, Ububi bwayo, Uburyo yandura n’Uko Yica

Inkomoko ya Diyabete Diyabete, cyangwa Diabetes Mellitus, ni indwara iterwa no kubura cyangwa gukorwa nabi kw’insuline – imisemburo ikorwa n’urwagashya (pancreas) ifasha umubiri gukoresha isukari (glucose) iri mu maraso. Iyo…

Sobanukirwa Indwara y’Ikibyimba cyo mu Mutwe (Brain Tumor): Inkomoko, Impamvu, Ibiranga, Uko Wakirinda n’Uko Ivurwa

. Ikibyimba cyo mu Mutwe ni iki? Ikibyimba cyo mu mutwe ni ukubyimba kw’uturemangingo (cells) tuba mu bwonko cyangwa hafi yabwo, gishobora kuba cyiza (kitari cancer) cyangwa kibi (cancerous). Iyo…

“Agahinda i Riyadh: Igikomangoma cyari mu ’coma’ imyaka 20 kiratabarutse”

Mu gihugu cya Arabie Saoudite, haravugwa agahinda gakomeye nyuma y’uko hatangajwe urupfu rw’Igikomangoma Khalid bin Talal Al Saud, wari umaze imyaka 20 ari muri koma. Iri tangazo ryasohowe n’itangazamakuru ryo…

Marcus Rashford yasinyiye FC Barcelona ku masezerano y’intizanyo

Rutahizamu w’ikipe ya Manchester United, Marcus Rashford, yamaze gusinya ku mugaragaro amasezerano y’intizanyo y’umwaka umwe mu ikipe ya FC Barcelona, imwe mu makipe akomeye ku mugabane w’u Burayi. Nyuma y’ibihuha…

🧠 Did You Know? 🧊 Amazi y’inyanja afata amabara atandukanye bitewe n’uko urumuri ruyageraho

Niba wibajije impamvu inyanja rimwe na rimwe isa n’icyatsi cyangwa ubururu, ni uko urumuri rwa suriya rutandukanye uko rugera mu mazi, bikavamo gutandukana kw’amabara Ese hari irindi banga waba uzi…

© 2025 Weekly Trends Hub | Powered by K-Media